AGEZWEHO

  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Ni igikorwa kigayitse ku Bufaransa- Amb. Anfré avuga ku bakozi babo bishwe muri Jenoside – Soma inkuru...

Muri Rwanda Peace Academy hasojwe amasomo y'abaturutse mu bihugu 9

Yanditswe Apr, 29 2022 12:08 PM | 88,142 Views



Kuri uyu wa Gatanu, mu kigo cy'Igihugu cy'Amahoro, Rwanda Peace Academy kiri i Nyakinama mu karere ka Musanze, hasojwe amasomo y'abaturutse mu bihugu 9 bigize umutwe w'ingabo z'Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba zihora ziteguye gutabara aho rukomeye.

Ni amasomo yahawe abantu 29 barimo abasivile, basirikare n'abapolisi mu gihe cy'iminsi 10, yari agamije kubongerera ubumenyi mu kunoza igenamigambi mu butumwa.

Ibihugu bigize umutwe w'ingabo z'Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba zihora ziteguye gutabara aho rukomeye harimo u Rwanda, u Burundi, Uganda, Djibouti, Ethiopia, Kenya, Seychelles, Somalia na Sudan.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura