AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Ngororero: Bahombye hafi miliyoni 200 kubera imicungire mibi ya cooperative

Yanditswe Mar, 23 2016 11:33 AM | 2,418 Views



Abahinzi b’icyayi bibumbiye muri cooperative COTRAGAGI ikorana n’uruganda rw’icyayi rwa Rubaya ruherereye mu karere ka Ngororero, barishimira ko bamaze kuva mu gihombo cya miliyoni zisaga 200 z’amafaranga y’u Rwanda, igihombo bavuga ko cyari cyaratewe n’imicungire mibi ya cooperative yabo. Aba bahinzi kandi, bakaba banishimira iterambere bamaze kwigezaho nyuma y’aho imicungire y’umusaruro w’icyayi bahinga igiriye hagati yabo n’umushoramari w’uruganda rwa Rubaya.


COTRAGAGI, ni cooperative y’abahinzi b’icyayi bagera kuri 1280, abahinzi bakorera ubuhinzi bw’iki gihingwa ngengabukungu mu mirenge ya Jomba na Mulinga yo mu karere ka Nyabihu, ndetse no muri Muhanda, Kabaya, Hindiro, Sovu na Kageyo yo muri Ngororero.

Umusaruro w’icyayi gihingwa n’abahinzi bibumbiye muri cooperative cotragagi, bawugurisha k’uruganda rw’icyayi rwa Rubaya, uruganda rw’umushoramari ‘Rwanda Mountain Tea’. 

Inkuru irambuye mu mashuho:

<iframe width="860" height="425" src="https://www.youtube.com/embed/N7Vp6S88tVo" frameborder="0" allowfullscreen></iframe>




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira