Yanditswe Jun, 25 2016 19:08 PM | 1,844 Views
Mu rwego rwo kuzamura
abanyarwanda bose bakava mu bukene nk’ingamba zafashwe na Leta y’u Rwanda,
ubuyobozi bw’akarere ka Ngororero bwaremeye imiryango 30 y’abasigajwe inyuma
n’amateka bo mu kagari ka Bugarura mu murenge wa Muhanda, babagenera ibikoresho
by’ibanze byo mu ngo.
Aba basigajwe inyuma n’amateka bakaba bavuga ko kuba bakomeje gutekerezwaho na leta ari ntako bisa.
Uretse aba basigajwe inyuma n’amateka, akarere ka Ngororero kashimiye abaturage bishyize mu matsinda, borozanya kugeza aho baziturira na bagenzi babo baturanye, bagenerwa matelas n’amaradiyo.
Ibi byose bikaba byaratwaye amafaranga y’u Rwanda agera kuri Miliyoni 7
Inkuru irambuye mu mashusho:
Umubare w'abasoje amasomo muri UR muri 2023 ukubye inshuro hafi 3 uwayasoje mu myaka 30 mbere y ...
1 minute
Soma inkuru
FRVB ihanze amaso Petit Stade nk’igisubizo cy’ibibazo byo kutagira ibibuga bigezweho
1 hour
Soma inkuru
Polisi yasabye abatwara ibinyabiziga kwitwararika muri ‘Weekend’ ndende
3 hours
Soma inkuru
Umujyi wa Musanze n’uwa Jinhua wo mu Bushinwa byinjiye mu bufatanye
Mar 28, 2024
Soma inkuru
Abaganga ba Kanseri mu Rwanda bariyongereye
Mar 28, 2024
Soma inkuru
Mu bimukira 2242 bageze mu Rwanda bavuye muri Libya, 1621 bimuriwe ahandi
Mar 28, 2024
Soma inkuru
Kuki Intara y'Amajyaruguru ikomeje kugaragaramo ibipimo biri hejuru mu bana bafite imirire mibi ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
MINEMA yasobanuye uko ikomeje gufasha abibasiwe n'ibiza biheruka kwibasira uduce tumwe tw' ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru