Yanditswe Mar, 08 2016 11:30 AM | 1,971 Views
Mu gihe hakomeje kwibazwa byinshi ku kuba ikigo cyari kigenewe gutegerwamo imodoka n'abagenzi cya Kicukiro cyubatse i Nyanza cyaramaze igihe gito gikora kikaza guhagaragara ndetse magingo aya kikaba nta n'inyoni igitambamo,ubuyobozi bw'akarere ka Kicukiro buvuga ko nyuma yo gusanga iki kigo kidasubiza ikibazo cyari gihari cy'ingendo z'abagenzi ndetse n'abakoresha imodoka zitwara abagenzi, bwafasahe umwanzuro wo kugifunga, aho kiri hagashakwa ikindi kintu kihakorerwa gifite inyungu.
Reba inkuru yose: