AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Nsengiyumva wari warahawe igifungo cya burundu yishwe agerageza gutoroka gereza

Yanditswe Jan, 29 2018 18:57 PM | 5,352 Views



Urwego rw'igihugu rushinzwe imfungwa n'abagororwa RCS ruratangaza ko umugororwa witwa Nsengiyumva Jotham wari ufungiye muri gereza ya Nyanza, yarashwe ubwo yagerageza gutoroka mu ijoro ryo ku cyumweru.

Umuvugizi w'uru rwego, CIP Hillary Sengabo arasobanura ibyaha uyu mugororwa Nsengiyumva Jotham warashwe yari yarahamijwe kuko yari yaranakatiwe igifungo cya burundu.

Nsengiyumva Jotham warashwe agapfa ni uwo mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze. Yari afite imyaka 26 y'amavuko yatawe muri yombi ku italiki ya 19.03.2014, ari mu itsinda ry'abantu 14 bari bakurikiranyweho ibyaha birimo kwica umupolisi ndetse n'umwana warerwaga n'uwahoze ari umuyobozi w'akarere ka Musanze.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira