AGEZWEHO

  • Ben Kayiranga na Mico The Best bateguje igitaramo gikomeye mu Bufaransa – Soma inkuru...
  • Ababyeyi basizwe iheruheru na Jenoside barashima uko bakomeje gufashwa kwiyubaka – Soma inkuru...

Nshobozwabyosenumukiza mu nzira yo kuva muri REG BBC

Yanditswe Mar, 24 2022 10:45 AM | 23,859 Views



Umukinnyi w’ikipe ya REG Basketball Club, Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson yahishuye ko nyuma y’imikino ya BAL izabera mu Rwanda muri Gicurasi 2022 yifuza kuzajya gukina mu mahanga.

Ibi yabitangarije mu kiganiro Urubuga rw’Imikino cya Radio Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane.

Nshobozwabyosenumukiza ni umukinnyi umaze kumenyekana cyane mu Rwanda ndetse no mu mahanga bitewe n’ubuhanga akomeje kugaragaza mu marushanwa atandukanye.

Avuga ko hari amakipe atandukanye yo hanze y’u Rwanda akomeje kuganira na yo ku buryo nyuma y’imikino ya nyuma ya BAL izabera i Kigali ashobora kuzahita ava muri REG.

Iri zina risanzwe rizwi cyane mu Rwanda, ryongeye kwigarurira imitima ya benshi, ubwo REG yakinaga imikino ya BAL mu karere ka Sahara (Sahara Conference),Nshobozwabyosenumukiza akayifasha kwitwara neza ikabona itike yo gukina imikino ya nyuma izabera i Kigali.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira