AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Nyagatare: Imiryango 16 y'abaturage batishoboye yahawe inzu zo kubamo

Yanditswe Nov, 23 2017 19:51 PM | 6,688 Views



Imiryango 16 y'abatishoboye mu karere ka Nyagatare, mu murenge wa Karangazi yashyikirijwe inzu zo kubamo ndetse n'ibindi bikorwa remezo byose byuzuye bitwaye amafaranga asaga miliyari 1. Minisitiri w'ibikorwa remezo James Musoni yasabye aba baturage kubyaza umusaruro ibikorwa remezo bahawe.

Iyi miryango 16 yashyikirijwe izi nzu zo kubamo, ni abatishoboye bo mu cyiciro cya mbere cy'ubudehe ndetse n'abirukanwe mu gihugu cya Tanzania. 

Minisitiri w'ibikorwa remezo James Musoni yasabye aba baturage gufata neza izi nzu, kandi ngo leta izakomeza no kubashyigikira muri gahunda zibavana mu bukene.

Uretse izi nzu 4 zubatswe mu buryo bwa '4 in 1' zahawe aba baturage, abatuye muri uyu murenge wa Karangazi mu mudugudu wa Rwabiharamba bahawe irerero, Inzu mberabyombi ndetse n'agakiriro byose byuzuye bitwaye amafaranga asaga miliyari 1 n'ibihumbi 800.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura