Yanditswe Nov, 23 2017 19:51 PM | 6,688 Views
Imiryango 16 y'abatishoboye mu karere ka Nyagatare, mu murenge wa Karangazi yashyikirijwe inzu zo kubamo ndetse n'ibindi bikorwa remezo byose byuzuye bitwaye amafaranga asaga miliyari 1. Minisitiri w'ibikorwa remezo James Musoni yasabye aba baturage kubyaza umusaruro ibikorwa remezo bahawe.
Iyi miryango 16 yashyikirijwe izi nzu zo kubamo, ni abatishoboye bo mu cyiciro cya mbere cy'ubudehe ndetse n'abirukanwe mu gihugu cya Tanzania.
Minisitiri w'ibikorwa remezo James Musoni yasabye aba baturage gufata neza izi nzu, kandi ngo leta izakomeza no kubashyigikira muri gahunda zibavana mu bukene.
Uretse izi nzu 4 zubatswe mu buryo bwa '4 in 1' zahawe aba baturage, abatuye muri uyu murenge wa Karangazi mu mudugudu wa Rwabiharamba bahawe irerero, Inzu mberabyombi ndetse n'agakiriro byose byuzuye bitwaye amafaranga asaga miliyari 1 n'ibihumbi 800.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru