AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Nyagatare: Abaturiye umupaka barishimira serivisi z'ubuzima bahawe

Yanditswe Mar, 05 2022 18:57 PM | 52,754 Views



Abaturage baturiye imipaka barishimira ko serivisi z'ubuvuzi zabegerejwe ibi bikaba bibafasha kudakora ingendo ndende cyangwa ngo bajye kwizuriza hakurya y'umupaka.

Umurenge wa Tabagwe ni umwe mu mirenge ifata ku mupaka, mu bihe byashize abaturage benshi iyo bakeneraga kwivuza bigiraga hakurya y'umupaka. Ibi byaterwaga n'uko urugendo rwo kwambuka umupaka rwari ruto ugereranyije no kujya ku bitaro by'akarere.

Buri kagari karimo nibura poste de santé hari izongerewe ubushobozi zitanga serivisi zo ku rwego rw'ikigo nderabuzima, serivisi z'ubuvuzi bw'amenyo, amaso n'amenyo zitangirwa kuri zo post de sante. Aha ni kuri poste de sante ya Ndego muri Karama akarere ka Nyagatare Mukeshimana Beatrice yaje kwivuza amenyo kuri iyi poste de sante yongerewe ubushobozi.

Abaganga n'abaforomo batanga serivisi kuri izi poste de sante n'ibigonderabuzima bavuga ko muri rusange aho bakorera hari ibikoresho by'abanze bifasha ababagana.

Usibye Serivisi zo kuvura amenyo n'amaso abatuage baturiye imipaka babona mu buryo buboroheye babona na serivisi z'ububyaza.

Abaturage bishimira uburyo serivisi zabegerejwe

Muri rusange abaganga n'abaforomo batanga serivisi kuri izi poste de sante n'ibigonderabuzima bavuga ko bakira abarwayi bari hagati ya 10 na 20 nibo bakirwa barwaye amenyo cyangwa amaso.

KWIZERA John Patrick



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira