AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...
  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...

PEREZIDA WA KENYA UHURU KENYATTA YAJE MU RWANDA MURI TAS2019

Yanditswe May, 15 2019 11:51 AM | 7,276 Views



Perezida w'Igihugu cya Kenya, Uhuru Kenyatta yageze i Kigali mu Rwanda; aho yitabiriye inama ya #TAS2019; kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Gicurasi 2019.


Ku kibuga cy'Indege i Kanombe, Perezida wa Kenya @UhuruKenyatta yakiriwe na Minisitiri Dr. Richard Sezibera, Mayor w'Umujyi wa Kigali, Umugaba w'ingabo zirwanira ku butaka, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda n'abandi bayobozi.


Inama ya TAS2019 iza gutangizwa ku kugaragaro na Perezida Paul Kagame. Biteganijwe ko abandi bakuru b'ibihugu bahari ari bo Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya na Perezida Ibrahim Boubacar Keita wa Mali bagira icyo bavuga muri iyi nama.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage