Yanditswe May, 15 2019 06:59 AM | 5,969 Views
Ibrahim Boubakar Keita, Perezida w'Igihugu cya Mali yageze i Kigali mu Rwanda, ku mugoroba
wo kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Gicurasi 2019.
Yaje aje kwitabira inama ya Transform Africa yatangiye kuri uyu wa kabiri, ibera i Kigali mu Rwanda.
Ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali i kanombe yakiriwe n’umunyabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubuzima Dr. Patrick Ndimubanzi ari kumwe n’abandi bayobozi muri Guverinoma.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru