Yanditswe May, 15 2019 06:59 AM | 5,953 Views
Ibrahim Boubakar Keita, Perezida w'Igihugu cya Mali yageze i Kigali mu Rwanda, ku mugoroba
wo kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Gicurasi 2019.
Yaje aje kwitabira inama ya Transform Africa yatangiye kuri uyu wa kabiri, ibera i Kigali mu Rwanda.
Ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali i kanombe yakiriwe n’umunyabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubuzima Dr. Patrick Ndimubanzi ari kumwe n’abandi bayobozi muri Guverinoma.
Mu rwego rwo kwifurizanya umwaka mushya muhire hagati y'abanyamakuru bakunzwe ba RBA
Jan 04, 2016
Soma inkuru