AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

PEREZIDA WA SENA ARASABA ABANYARWANDA KWISHAKAMO IBISUBIZO

Yanditswe Apr, 28 2019 09:55 AM | 5,465 Views



Perezida wa Sena y’u Rwanda Honorable Bernard MAKUZA arasaba Abanyarwanda gusigasira umwimerere wabo wo kwishakamo ibisubizo. Ibi yabitangarije mu karere ka Musanze ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu murenge wa Gacaca mu gikorwa cy’umuganda ngarukakwezi wo gusoza ukwezi kwa Kane.


Muri uyu muganda abaturage bo mu kagari ka  Gasakuza bahanze umuhanda w’ibirometero bitatu n’igice, uhuza ibice binyuranye byo mu mudugudu wa Nyamugari.


Ni umuhanda ugiye gufasha abatuye iki gice kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi kuko ariwo uzacishwamo ibikoresho by’amapoto na transformateur.

Abaturage bitabiriye ku bwinshi uyu muganda bagaragaza ko umuriro w’amashanyarazi bari bawunyotewe cyane.


Inkuru ya Pio MBARUSHIMANA




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama