Yanditswe Apr, 28 2019 09:55 AM | 5,465 Views
Perezida wa
Sena y’u Rwanda Honorable Bernard MAKUZA arasaba Abanyarwanda gusigasira
umwimerere wabo wo kwishakamo ibisubizo. Ibi yabitangarije mu karere ka Musanze
ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu murenge wa Gacaca mu gikorwa cy’umuganda
ngarukakwezi wo gusoza ukwezi kwa Kane.
Muri uyu muganda abaturage bo mu kagari ka Gasakuza bahanze umuhanda w’ibirometero bitatu n’igice, uhuza ibice binyuranye byo mu mudugudu wa Nyamugari.
Ni umuhanda ugiye gufasha abatuye iki gice kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi kuko ariwo uzacishwamo ibikoresho by’amapoto na transformateur.
Abaturage bitabiriye ku bwinshi uyu muganda bagaragaza ko umuriro w’amashanyarazi bari bawunyotewe cyane.
Inkuru ya Pio MBARUSHIMANA
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
5 hours
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru