AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Pasiporo nyarwanda za Afurika y'Iburasirazuba ntizakuraho umwihariko wa buri gihugu

Yanditswe Aug, 14 2020 12:59 PM | 95,179 Views



Ubuyobozi bukuru bw’ibiro by’abinjira n’abasohoka mu Rwanda kuri uyu wa Kane bwavuze ko pasiporo z’u Rwanda zatanzwe mbere y’itariki 27 Kamena mu mwaka ushize wa 2019 zizacyura igihe ntizongere gukoreshwa kuva tariki 28 z’ukwezi kwa Gatandatu umwaka utaha wa 2021.

Mu kwezi kwa Werurwe 2016 ni bwo Abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa EAC batangije passport nshya mpuzamahanga ikoresha ikoranabuhanga, ari na yo mpamvu guhera Tariki 28 z’ukwa Gatandatu 2019, Guverinoma y'u Rwanda ibinyujije mu buyobozi bw'Ibiro bishinzwe Abinjira n'Abasohoka yatangiye gutanga pasiporo nyarwanda y'Afurika y'Iburasirazuba.

Mu kiganiro cyihariye na RBA, Umuvugizi w’umusigire w’ubuyobozi bukuru bw’abinjira n’abasohoka, KALISA Peter, yasobanuye ko itangazo ku gaciro ka pasiporo zicyuye igihe rije ryibutsa icyemezo cyatangajwe tariki 28 Kamena umwaka ushize ubwo hatangizwaga itangwa n’ikoreshwa rya pasiporo nyarwanda y’Afurika y’Iburasirazuba ikoranye ikoranabuhanga.

Muri iki kiganiro na  Divin UWAYO, Umuvugizi w’umusigire w’ubuyobozi bukuru bushinzwe abinjira n’abasohoka yatangiye avuga ko iyi pasiporo nshya idakuraho umwihariko wa buri gihugu.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira