Yanditswe Oct, 29 2020 00:05 AM | 97,211 Views
Kuri uyu wa Gatatu, perezida wa Repubulika Paul KAGAME yayoboye inama y'urwego ngishwanama rwa perezida "Presidential Advisory Council" yibanze cyane ku ngamba zo guhangana n'ingaruka z'icyorezo cya Covid 19. Ni inama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga kubera iki cyorezo cyugarije isi yose.
Uru rwego rugizwe n'impuguke z'abanyarwanda ndetse n'abanyamahanga, aho zitanga ibitekerezo ku cyakorwa, ahanini cyafasha igihugu gukomeza gutera imbere yaba mu bukungu n'imibereho y'abaturage.
RRA yakusanyije imisoro ingana na miliyali 1907.1 Frw mu mwaka wa 2021-2022
Jul 01, 2022
Soma inkuru
Abanyapolitiki barahamagarira Abanyarwanda gukomera ku bumwe bwabo
Jul 01, 2022
Soma inkuru
Bamwe mu rubyiruko baragira inama bagenzi babo kudashishikarira kwirukira mu Burayi na Amerika
Jul 01, 2022
Soma inkuru
Abikorera muri Musanze biyemeje gukomeza kuba hafi abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
Jul 01, 2022
Soma inkuru
Iburasirazuba: Abikorera boroje inka imiryango 109 y'abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
Jun 29, 2022
Soma inkuru
Umujyi wa Kigali wasabwe gukemura ikibazo cy’abaturage basiragira ku byangombwa byo kubaka
Jun 29, 2022
Soma inkuru