Yanditswe Oct, 29 2020 00:05 AM | 101,293 Views
Kuri uyu wa Gatatu, perezida wa Repubulika Paul KAGAME yayoboye inama y'urwego ngishwanama rwa perezida "Presidential Advisory Council" yibanze cyane ku ngamba zo guhangana n'ingaruka z'icyorezo cya Covid 19. Ni inama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga kubera iki cyorezo cyugarije isi yose.
Uru rwego rugizwe n'impuguke z'abanyarwanda ndetse n'abanyamahanga, aho zitanga ibitekerezo ku cyakorwa, ahanini cyafasha igihugu gukomeza gutera imbere yaba mu bukungu n'imibereho y'abaturage.
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru