AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Perezida Kagame: Kuvugurura imiterere y’imyenda bikwiriye kujyana n’imibereho y’abaturage b'ibihugu bikennye

Yanditswe Mar, 30 2021 07:51 AM | 105,676 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame yatanze ubutumwa mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye isuzuma imiterere no kwishyura imyenda mpuzamahanga.

Ni inama yarimo Minisitiri w’intebe wa Canada, Justin Trudeau, Minisitiri w’Intebe wa Jamaica, n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres.

Perezida Kagame yavuze kuba ibihugu 20 bikize ku isi byarasubitse kwishyuza imyenda ibikennye bibibereyemo, kuvugurura imiterere y’imyenda mpuzamahanga bikwiriye kujyana n’imibereho y’abaturage b’ibihugu bifite iyo myenda.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama