Yanditswe Mar, 30 2021 07:51 AM | 105,676 Views
Perezida wa Republika Paul Kagame yatanze ubutumwa mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye isuzuma imiterere no kwishyura imyenda mpuzamahanga.
Ni inama yarimo Minisitiri w’intebe wa Canada, Justin Trudeau, Minisitiri w’Intebe wa Jamaica, n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres.
Perezida Kagame yavuze kuba ibihugu 20 bikize ku isi byarasubitse kwishyuza imyenda ibikennye bibibereyemo, kuvugurura imiterere y’imyenda mpuzamahanga bikwiriye kujyana n’imibereho y’abaturage b’ibihugu bifite iyo myenda.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru