Yanditswe Sep, 18 2022 17:53 PM | 72,048 Views
Kuri iki Cyumweru Perezida wa Repubulika
Paul Kagame yageze i London mu Bwongereza, aho yagiye mu muhango wo gutabariza
Umwamikazi Elisabeth II.
Ibiro by'Umukuru w'Igihugu byatangaje ko, Perezida Kagame akigera muri iki gihugu yabanje kwandika ubutumwa bw'akababaro mu gitabo kiri mu nzu yitwa Lancaster House.
Umwamikazi Elizabeth II yatanze tariki 8 Nzeri uyu mwaka. Umuhango wo kumutabariza uzaba kuri uyu wa Mbere. Abakuru b’ibihugu bitandukanye baturutse mu bihugu byo hirya no hino ku isi bakaba bamaze kugera mu Bwongereza.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru