AGEZWEHO

  • Nyamasheke: Abantu 2 bapfuye abandi 8 barakomereka mu mpanuka y’umukingo wabagwiriye – Soma inkuru...
  • Abanyeshuri barenga ibihumbi 30 basabye guhindurirwa ibigo cyangwa amashami – Soma inkuru...

Perezida Kagame ari mu Bwongereza, aho yitabiriye umuhango wo gutabariza Umwamikazi Elisabeth II

Yanditswe Sep, 18 2022 17:53 PM | 71,935 Views



Kuri iki Cyumweru Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze i London mu Bwongereza, aho yagiye mu muhango wo gutabariza Umwamikazi Elisabeth II.

Ibiro by'Umukuru w'Igihugu byatangaje ko, Perezida Kagame akigera muri iki gihugu yabanje kwandika ubutumwa bw'akababaro mu gitabo kiri mu nzu yitwa Lancaster House.

Umwamikazi Elizabeth II yatanze tariki 8 Nzeri uyu mwaka. Umuhango wo kumutabariza uzaba kuri uyu wa Mbere. Abakuru b’ibihugu bitandukanye baturutse mu bihugu byo hirya no hino ku isi bakaba bamaze kugera mu Bwongereza.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyamasheke: Abantu 2 bapfuye abandi 8 barakomereka mu mpanuka y’umukingo w

Abanyeshuri barenga ibihumbi 30 basabye guhindurirwa ibigo cyangwa amashami

Qatar: Dr Ngirente yitabiriye imurika mpuzamahanga ry'ubuhinzi bw’imb

Nyagatare: RAB yakuyeho akato kari kashyizweho kubera indwara y'uburenge

Kigali: Hari imihanda irimo kubakwa yadindiye ubu irimo guteza imivu y’ama

Akarere ka Musanze kongeye kunengwa ku kibazo cy'igwingira cyugarije abana

Nyamagabe: Ubuyobozi buhangayikishijwe n’ibikorwa bisubiza inyuma ubumwe n

Uburezi: Abakoze ibizamini byo kuba abarimu batagize amanota 70% basabwe gusubir