AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Perezida Kagame ari mu Bwongereza, aho yitabiriye umuhango wo gutabariza Umwamikazi Elisabeth II

Yanditswe Sep, 18 2022 17:53 PM | 72,048 Views



Kuri iki Cyumweru Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze i London mu Bwongereza, aho yagiye mu muhango wo gutabariza Umwamikazi Elisabeth II.

Ibiro by'Umukuru w'Igihugu byatangaje ko, Perezida Kagame akigera muri iki gihugu yabanje kwandika ubutumwa bw'akababaro mu gitabo kiri mu nzu yitwa Lancaster House.

Umwamikazi Elizabeth II yatanze tariki 8 Nzeri uyu mwaka. Umuhango wo kumutabariza uzaba kuri uyu wa Mbere. Abakuru b’ibihugu bitandukanye baturutse mu bihugu byo hirya no hino ku isi bakaba bamaze kugera mu Bwongereza.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira