AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Perezida Kagame ari muri Angola

Yanditswe Mar, 20 2019 14:28 PM | 1,148 Views



Perezida wa republika Paul Kagame ari i Luanda muri Angola, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi 2. Kuri uyu munsi wa 1 w’uru ruzinduko, perezida Kagame aragirana ibiganiro na mugenzi we wa Angola João Lourenço, biza gukurikirwa no kwakira ku meza perezida Kagame.

Uru ruzinduko ruri mu rwego rwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi bisanzwe bifitanye ubutwererane n’ubufatanye mu birebana n’ingendo zo mu ndege, umutekano, ubutabera, abinjira n’abasohoka, ikoranabuhanga mu itumanaho n’isakazabumenyi, ICT ndetse no mu miyoborere.

Ku munsi wa 2 w’uru ruzinduko abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Angola biteganyijwe ko bazaganira n’itangazamakuru.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize