AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Perezida Kagame kuri uyu wa kane ategerejwe muri Tanzania

Yanditswe Mar, 07 2019 12:22 PM | 5,467 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame unayoboye Umuryango wa afurika y'iburasirazuba kuri uyu wa kane ategerejwe muri Tanzania aho atangira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ibiri ku butumire bwa mugenzi we Dkt John Pombe Magufuli wa Tanzania.

Nkuko itangazo ryashyizwe hanze n'uyu muryango wa afurika y'iburasirazuba ngo uru ruzinduko rw'akazi ruzaha umwanya abayobozi bombi kuganira ku mubano w'ibihungu byombi byumwihariko ariko ko bazanaganira ku mbogamizi zigikoma mu nkokora umubano w'ibihugu bigize uyu muryango.

Biteganyijwe ko umukuru w'igihugu agera ku kibuga mpuzamahanga cy'indege cya Julius Nyerere ku isaa cyenda zo muri Tanzania mu Rwanda biraba ari saa munani aho ari bwakirwe na Perezida wa Tanzania John Pombe Joseph Magufuli.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize