Yanditswe Feb, 23 2022 16:32 PM | 35,359 Views
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaganiriye na Macky Sall, Perezida wa Senegal akaba ari na we uyoboye Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe muri iki gihe.
Ibiganiro by’aba bakuru b’ibihugu byibanze ku ngingo zireba Umugabane wa Afurika n'ibihugu byombi.
Tukiri muri iki gihugu kandi, uyu munsi kandi Perezida Kagame ari kumwe na Perezida Macky Sall, bahuye n’abahanzi bo ku mugabane wa Afurika basusurukije ibirori byo gutaha ku mugaragaro Stade Abdoulaye Wade byabaye ku wa Kabiri.
Ku wa Kabiri ni bwo Perezida Kagame yifatanyije n’abandi bakuru b’ibihugu mu muhango wo gutaha Stade Abdoulaye Wade, ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 50.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru