AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Qatar

Yanditswe Mar, 21 2023 17:10 PM | 59,629 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yagiriye uruzinduko i Doha muri Qatar.

Umukuru w’Igihugu yahuye n’Umuyobozi w’Ikirenga w’iki gihugu, Amir Sheikh Tamim bin Hamad Al-Thani baganira ku mubano w’ibihugu byombi mu nzego zinyuranye zirimo ubukungu n’ishoramari.

Ibiro ntaramakuru bya Qatar bitangaza ko aba bayobozi bombi banaganiriye ku ngingo zireba akarere ndetse n’izireba isi muri rusange.

Nyuma y’iyi nama, Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yakiriye ku meza Perezida Kagame wari kumwe n’abandi bayobozi bamuherekeje muri uru ruzinduko.

U Rwanda na Qatar bafitanye imishinga ikomeye, harimo uwo kubaka ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Bugesera, ubucuruzi, ubukerarugendo n’ibindi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira