AGEZWEHO

  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...
  • Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda? – Soma inkuru...

Perezida Kagame yahuye na Chancelier w'u Budage

Yanditswe May, 26 2022 21:54 PM | 113,630 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame i Davos mu Busiwisi yagiranye ibiganiro na chancelier w’u Budage Olaf Scholz.

Ibiganiro byabo byibanze ku ngingo zitandukanye ibihugu byombi byafatanyamo harimo n’ibijyanye no gukora inkingo.

Ni ibiganiro bibaye mu gihe kuri uyu wa Kane ari na bwo hasojwe inama y’ihuriro mpuzamahanga ry’ubukungu, World Economic Forum.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama