AGEZWEHO

  • Nyabihu: Abarokotse Jenoside batewe impungenge n'ingengabitekerezo ya Jenoside ikihagaragara – Soma inkuru...
  • Perezida Kagame yihanganishije Abanya-Kenya ku rupfu rw’Umugaba Mukuru w'Ingabo – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye Perezida w'inteko y'Ubushinwa Zhang Dejiang

Yanditswe Mar, 23 2016 19:23 PM | 1,898 Views



Perezida wa repubulika Paul KAGAME yakiriye muri village URUGWIRO perezida w'inteko ishinga amategeko y'ubushinwa Zhang Dejiang wari uri mu ruzinduko rw'iminsi ibiri mu Rwanda. Bakaba bavuze ko umubano w'ubushinwa n'afrika cyane cyane u Rwanda ugomba kurushaho gushimangirwa kuko hari byinshi byiza byawuvuyemo kuva mu mwaka w'1971 uyu mubano uhari.

Byinshi mu byo ubushinwa buteramo inkunga u Rwanda ni urwego rw'ubucuruzi, ibikorwa remezo  ndetse n'ubwunganizi mu bya tekiniki mu mishinga itandukanye ari nabyo byagarutsweho muri ibi biganiro.

Zhang Dejiang ufatwa nka numero 3 mu buyobozi bw'igihugu cy'ubushinwa niwe muyobozi wo ku rwego rwo hejuru w'ubushinwa usuye u Rwanda ariko Ministri w'ububanyi n'amahanga wungirije Zhai Jun yasuye u Rwanda muri 2011 naho Ministri w'ububanyi n'amahanga w'ubushinwa Yang Jiechi yaje mu rwanda mu mwaka wa 2011.

Inkuru irambuye:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira