Yanditswe Mar, 23 2016 19:23 PM | 1,898 Views
Perezida wa
repubulika Paul KAGAME yakiriye muri village URUGWIRO perezida w'inteko ishinga
amategeko y'ubushinwa Zhang Dejiang wari uri mu ruzinduko rw'iminsi ibiri mu
Rwanda. Bakaba bavuze ko umubano w'ubushinwa n'afrika cyane cyane u Rwanda
ugomba kurushaho gushimangirwa kuko hari byinshi byiza byawuvuyemo kuva mu
mwaka w'1971 uyu mubano uhari.
Byinshi mu
byo ubushinwa buteramo inkunga u Rwanda ni urwego rw'ubucuruzi, ibikorwa
remezo ndetse n'ubwunganizi mu bya
tekiniki mu mishinga itandukanye ari nabyo byagarutsweho muri ibi biganiro.
Zhang
Dejiang ufatwa nka numero 3 mu buyobozi bw'igihugu cy'ubushinwa niwe muyobozi
wo ku rwego rwo hejuru w'ubushinwa usuye u Rwanda ariko Ministri w'ububanyi n'amahanga
wungirije Zhai Jun yasuye u Rwanda muri 2011 naho Ministri w'ububanyi
n'amahanga w'ubushinwa Yang Jiechi yaje mu rwanda mu mwaka wa 2011.
Inkuru irambuye:
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
4 hours
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru