Yanditswe Aug, 03 2022 18:05 PM | 66,143 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abagera kuri 26 babarizwa mu Muryango w’Abayobozi bakiri bato (Young Presidents’ Organization), bagiriye uruzinduko mu Rwanda.
Izi ntumwa ziri muri gahunda y’ingendo zikorera mu bihugu icyenda bifite umwihariko, bagahura n’abayobozi b’ibigo by’ubucuruzi byo muri ibyo bihugu.
Umuryango YPO ugizwe n’abanyamuryango bagera ku bihumbi 30 baturuka mu bihugu 130 byo ku Isi, bafite intego yo kuzana impinduka mu mibereho n’ubucuruzi mu batuye isi.
YPO yashinzwe mu 1950 i Rochester, muri New York, n’umunyanganda Ray Hickok, wari ufite imyaka 27 ubwo yabaga umuyobozi wa sosiyete yitwa Hickok Belt ifite icyicaro i Rochester, ikaba yari ifite abakozi 300.
Kuki Intara y'Amajyaruguru ikomeje kugaragaramo ibipimo biri hejuru mu bana bafite imirire mibi ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
MINEMA yasobanuye uko ikomeje gufasha abibasiwe n'ibiza biheruka kwibasira uduce tumwe tw' ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Abanyamategeko 188 barangije amasomo y'Ubuhuza basabwe kugabanya umubare w'Imanza mu Nkiko
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Bugesera: Abaturage basaga ibihumbi 40 bahawe amazi meza
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Leta yatangiye kubarura inyubako zayo zidakorerwamo kugira ngo zibyazwe umusaruro
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Asaga miliyari 417 Frw yashyizwe muri gahunda zo gufasha abarokotse Jenoside mu myaka 30
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Haba hari umuti urambye wa gatanya zishingiye ku mitungo?
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abanyeshuri n’abarimu ba Kaminuza ya Stanford
Mar 26, 2024
Soma inkuru