Yanditswe Jul, 25 2022 16:50 PM | 56,273 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Hailemariam Desalegn, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, ubu ni umuyobozi w’inama y’ubutegetsi y’Umuryango nyafurika uharanira guteza imbere ubuhinziwari kumwe na Dr. Agnes Kalibata uyobora uyu muryango ndetse n’umuyobozi w’uyu muryango mu Rwanda Jean Paul Ndagijimana.
Aba bayobozi bamumenyesheje iby’inama y’Ihuriro Mpuzamahanga ku iterambere ry’ubuhinzi muri Afurika (AGRF) izabera mu Rwanda muri Nzeri 2022.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru