AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba AGRA

Yanditswe Jul, 25 2022 16:50 PM | 56,273 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Hailemariam Desalegn, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, ubu ni umuyobozi w’inama y’ubutegetsi y’Umuryango nyafurika uharanira guteza imbere ubuhinziwari kumwe na Dr. Agnes Kalibata uyobora uyu muryango ndetse n’umuyobozi w’uyu muryango mu Rwanda Jean Paul Ndagijimana.

Aba bayobozi bamumenyesheje iby’inama y’Ihuriro Mpuzamahanga ku iterambere ry’ubuhinzi muri Afurika (AGRF) izabera mu Rwanda muri Nzeri 2022.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura