AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera abambasaderi 5 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda

Yanditswe Apr, 25 2022 15:41 PM | 76,142 Views



Kuri uyu wa Mbere, Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, ba ambasaderi 5 bashya bamushyikirije impapuro zo guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, bakaba batangaje ko icyo bazashyira imbere ari uguteza imbere imibanire myiza n’ubutwererane hagati y’ibihugu byabo n’u Rwanda

Abagejeje ku mukuru w'igihugu impapuro zibahesha uburenganzira bwo guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda ku rwego rwa ambasaderi, barimo Sommel Yabao Mbaidickoye w'igihugu cya Tchad, Lebbius Tangeni Tobias wa Namibia, Silvio José Albuquerque e Silva wa Brazil, Marie Charlotte G. Tang wa Philippines na Esmond St. Clair Reid wa Jamaica.

Uko ari 5 bavuga ko imibanire y'ibihugu byabo n'u Rwanda ihagaze neza, bityo ko icyo bashyize imbere ari ukuyibyaza umusaruro ufatika mu by'ubukungu, ubucuruzi n'ishoramari.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira