AGEZWEHO

  • Umurinzi w'Igihango Damas Gisimba warokoye benshi muri Jenoside yatabarutse – Soma inkuru...
  • Angola yashimye umuhate urimo gushyirwa mu biganiro byo kugarura amahoro muri RDC – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye intumwa za BPN Rwanda

Yanditswe May, 12 2022 21:01 PM | 110,246 Views



Kuri uyu wa Kane, Perezida Kagame yakiriye abahagarariye ikigo cya BPN Rwanda bizihiza imyaka 10. Iki kigo cyafashije ba rwiyemezamirimo hafi 300 mu nganda zirenga 20 mu rwego rwo kugira uruhare mu guhanga imirimo. 

Business Professionals Network (BPN) ni ikigo gikomoka mu Busuwisi kidaharanira inyungu cyatangijwe na  Jürg Opprecht mu mwaka wa 1999.

Iki kigo cyatangiye gukorera mu Rwanda guhera muri 2011, gitera inkunga ibigo biciriritse n’ibiringaniye bigaragaza ubushobozi bwo kuba byatera imbere. 

Intego yacyo ni ugutuma abantu mu Rwanda babona imirimo nyongera gaciro ku buryo burambye, gutyo n’ubukungu bukiyongera, bikarwanya ubukene. 

Kugeza ubu BPN ikorera mu bihugu bya Kirigiziya, Nicaragua, Rwanda, Mongoliya na Georigiya.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Minisiteri y'Ibidukikije irabasaba kureka gukoresha ibikoresho bya pulasiti

Angola yashimye umuhate urimo gushyirwa mu biganiro byo kugarura amahoro muri RD

Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Perezida Erdogan

Banki Nyafurika itsura amajyambere irasaba imiryango itari iya leta kuyishyigiki

Hakenewe miliyari 296Frw zo gusana no kubaka ku buryo burambye ibyangijwe n'

Inama ya EAC yemeje ko abarwanyi ba M23 bazakirirwa mu kigo cya Rumangabo

Hibutswe Captain Mbaye Diagne wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyamahanga bashoye imari mu Rwanda basanga iki ari igihugu ntangarugero mu ko