Yanditswe Nov, 04 2021 18:06 PM | 72,601 Views
Uyu munsi muri Village Urugwiro, Perezida Kagame yakiriye umuyobozi mukuru wa ENI, Claudio Descalzi hamwe n’intumwa ze kugira ngo baganire ku bufatanye mu bijyanye n’ingufu n’ubukungu mu karere.
ENI ni sosiyete ikora ibijyanye n'ingufu no kuzitunganya, yaba gaz na peteroli ndetse bikabyazwamo amashanyarazi n'ibindi bitandukanye.
Sylivanus KAREMERA
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru