AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Perezida Kagame yasabye abitabiriye inama ya YPOED gushora imari mu Rwanda

Yanditswe Mar, 07 2019 08:11 AM | 12,504 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari mu ruzinduko mu gihugu cya Afurika y'Epfo aho yitabiriye inama y'ihuriro ry'abayobozi b'ibigo by'ishoramari bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi Young President Organisation. Mu kiganiro yatanze, umukuru w'igihugu yashishikarije abitabiriye iryo huriro kuza mu Rwanda bakahashora imari yabo mu mutuzo  kandi batekanye.






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage