Yanditswe Aug, 15 2019 10:13 AM | 5,074 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame arasaba urubyiruko gufata iya mbere mu guteza imbere Igihugu ariko bihereyeho ubwabo.Umukuru wígihugu yabivugiye mu kiganiro yahaye urubyiruko basaga ibihumbi bitatu mu muhanga uzwi nka Meet The President wabereye i Kigali kuri uyu wa Gatatu.
Mu kiganiro yahaye uru rubyiruko cyari cyabanjirijwe n’ibiganiro byatanzwe n'abayobozi batandukanye ndetse n'urubyiruko ubwabo bagaragariza Umukuru w'Igihugu ku byo bamaze kwigezaho mu nzego zitandukanye z'iterambere cyane cyane imishinga bikoreye ubwabo igamije kubateza imbere ndetse n'Igihugu muri rusange.
Aha Umukuru w'Igihugu yabwiye urubyiruko ari bo nkingi ya mwamba y'Iterambere ry'Igihugu.
Urubyiruko rugize 60%
by’Abanyarwanda bose muri rusange. Ku mugabane wa Afurika mu mwaka wa 2040
ruzaba rusaga miliyari 2. Hari ikizere ko uru rubyiruko n’urundi hirya no hino
mu gihugu rukurikije impanuro rwahawe u Rwanda na Afurika muri rusange byagera
ku iterambere ryifuzwa.
Eugene UWIMANA
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
1 hour
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
1 hour
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru