Yanditswe Sep, 26 2022 19:35 PM | 114,765 Views
Kuri
uyu wa Mbere, Perezida Paul Kagame akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda,
yazamuye mu ntera Major General Innocent Kabandana, amuha ipeti rya Lt.
General.
Azamuwe mu ntera nyuma yo kuva mu butumwa mu gihugu cya Mozambique, aho yari afite inshingano zo guhuza ibikorwa by’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri mu butumwa mu Ntara ya Cabo Delgado.
Kugeza ubu umwaka urashize inzego z’umutekano z’u Rwanda zihinduye isura y’Intara ya Cabo Delgado, nyamara yari yarahindutse indiri y’ibyihebe byari byarigaruriye ibice byinshi by’iyi ntara kuva muri 2017.
Kuri ubu abagera ku bihumbi 130 bamaze gusubira mu byabo, baratuye ndetse baratuje.
Abanyarwanda batuye Maputo bakoze umuganda wo gutera ibiti
Dec 09, 2023
Soma inkuru
Rwanda Mountain Tea yijeje abahinzi gukomeza kubakemurira bimwe mu bibazo bagifite
Dec 09, 2023
Soma inkuru
USAID ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda batangije imishinga igamije guteza imbere serivisi ...
Dec 08, 2023
Soma inkuru
Inzego za leta n’iz’abikorera zirasabwa guhuza imbaraga mu kurwanya ruswa
Dec 08, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame arashishikariza urubyiruko rwa Afurika kubyaza umusaruro amahirwe yabashyiriweho
Dec 08, 2023
Soma inkuru
Uturere umunani twabonye abayobozi bashya
Dec 07, 2023
Soma inkuru
Gisagara: Imiryango irenga ibihumbi 2 yavuye mu bukene
Dec 06, 2023
Soma inkuru
Uturere 8 tugiye kubona abagize nyobozi na njyanama
Dec 06, 2023
Soma inkuru