Yanditswe Nov, 05 2016 23:56 PM | 2,401 Views
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 20 umuryango Unity Club umaze
ushinzwe, Perezida wa Repubulika Paul Kagame
yashimiye uyu muryango kuba ku isonga mu kwimakaza ubumwe mu banyarwanda
ashimangira ko ubwo bumwe ariyo nzira iganisha igihugu mu cyerekezo kizima.
Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame washinze akaba ari nawe
uyobora umuryango Unity Club Intwararumuri ni umwe mu bakase iyo 'gateau' imbere
y'imbaga y'abantu amagana bitabiriye ibi birori bari barimo n'Umukuru
w'igihugu.
Mu ijambo yavugiye muri ibi birori byari byitabiriwe n'abanyamuryango ba Unity Club n'abandi bayobozi mu nzego zitandukanye.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko kubura ubumwe aribyo byagejeje igihugu mu icuraburindi rya Jenoside yakorewe Abatutsi kandi ashimangira ko abanyarwanda badakwiye kurangara ngo ubu bumwe bumaze kubakwa bube bwabaca mu myanya y'intoki.
Inkuru mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
39 minutes
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
1 hour
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
1 hour
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru