AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Perezida Kagame yitabiriye inama ku bukungu ya 'Global Business Forum' I Dubai

Yanditswe Nov, 01 2017 14:06 PM | 5,617 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame, ari i Dubai mu bihugu byiyunze by'abarabu, aho yitabiriye ibiganiro bihuje abakuru b'ibihugu ku bucuruzi Afrika ikorana n'indi migabane y'isi.

Mu kiganiro yatangiye muri iri huriro, Perezida Paul Kagame yagarutse ku miyoborere aho yasobanuye ko iyo abaturage biyumva mu byo ubuyobozi bubagezaho iyo miyoborere iba inoze.

Yagaragaje ko amateka agaragaza ko Afrika yaciwemo ibice bituma idatera imbere uko bikwiriye.

Iki kiganiro cyayobowe n'umunyamakuru wa CNN John Defterios cyibanze no ku kwihuza kw'ibihugu bihereye mu turere biherereyemo. Nyuma yacyo perezida Kagame yanasuye imurika ry'ibikoresho bijyanye n'imyigishirize izaba igezweho mu mwaka w'2020.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira