Yanditswe Feb, 15 2019 19:33 PM | 14,950 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragarije abatuye isi ko mu gihe kitageze ku mwaka umwe ,U Rwanda rwongereye 30% ku bushozi bwo kwitegura guhangana n’indwara ya Ebola ndetse rugahsimangira imyitozo ngiro igaragaza ko igihugu cyakitwara mu gihe iki cyorezo cyaba cyadutse.
Mu nama mpuzamahanga isuzuma ibijyanye n'amahoro n'umutekano mu isi ibera mu Budage, inama izwi nka '' Munich Security Conference'',Umukuru w'igihugu yanashimangiye uruhare rw’abajyanama b’ubuzima mu guteza imbere serivisi z’ubuzima mu gihugu.
Inkuru irambuye na Jean Pierre Kagabo
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru