AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Perezida Kagame yitabiriye inama y'umutekano mu Budage

Yanditswe Feb, 15 2019 19:33 PM | 14,950 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragarije abatuye isi ko mu gihe kitageze ku mwaka umwe ,U Rwanda rwongereye 30% ku bushozi bwo kwitegura guhangana n’indwara ya Ebola ndetse rugahsimangira imyitozo ngiro igaragaza ko igihugu cyakitwara mu gihe iki cyorezo cyaba cyadutse.

Mu nama mpuzamahanga isuzuma ibijyanye n'amahoro n'umutekano mu isi ibera mu Budage,  inama izwi nka '' Munich Security Conference'',Umukuru w'igihugu yanashimangiye uruhare rw’abajyanama b’ubuzima mu guteza imbere serivisi z’ubuzima mu gihugu.

Inkuru irambuye na Jean Pierre Kagabo 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama