AGEZWEHO

  • Umurinzi w'Igihango Damas Gisimba warokoye benshi muri Jenoside yatabarutse – Soma inkuru...
  • Angola yashimye umuhate urimo gushyirwa mu biganiro byo kugarura amahoro muri RDC – Soma inkuru...

Mozambique: Perezida Nyusi yashimye ibikorwa by'inzego z’umutekano z’u Rwanda

Yanditswe Sep, 20 2022 20:24 PM | 196,855 Views



Kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi yasuye inzego z’umutekano z’u Rwanda zikorera mu Ntara ya Cabo Delgado mu karere ka Mocimboa da Praia.

Muri uru rugendo kandi yahuye n’abaturage bagarutse mu byabo, nyuma y’imyaka myinshi bari mu nkambi.

Mu butumwa yagejeje ku nzego z'umutekano z'u Rwanda, Perezida Nyusi yabashimiye ibikorwa bikomeye byakozwe mu kurwanya iterabwoba kuva bahagera muri Nyakanga 2021, abashimira ubwitange na disipuline bagaragaje mu gihe cyose bahamaze.

Ubwo Perezida Nyusi yahuraga n’abaturage ba Mocimboa da Praia, yabijeje inkunga ya leta mu gukemura ibibazo bafite no gusubiza ibintu byose mu buryo.

James Habimana



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Minisiteri y'Ibidukikije irabasaba kureka gukoresha ibikoresho bya pulasiti

Angola yashimye umuhate urimo gushyirwa mu biganiro byo kugarura amahoro muri RD

Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Perezida Erdogan

Banki Nyafurika itsura amajyambere irasaba imiryango itari iya leta kuyishyigiki

Hakenewe miliyari 296Frw zo gusana no kubaka ku buryo burambye ibyangijwe n'

Inama ya EAC yemeje ko abarwanyi ba M23 bazakirirwa mu kigo cya Rumangabo

Hibutswe Captain Mbaye Diagne wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyamahanga bashoye imari mu Rwanda basanga iki ari igihugu ntangarugero mu ko