AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n'abavuga rikijyana

Yanditswe May, 17 2016 10:58 AM | 3,449 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere yabonanye n’abavuga rikumvikana bo mu turere 7 tugize intara y’ Uburengerazuba, abasaba kubyaza umusaruro amahirwe menshi aboneka muri iyi ntara arimo n’amashanyarazi agenda yiyongera.

Ingero zihari ni uruganda rw’amashanyarazi akomoka kuri gaz methane Perezida wa Repubulika yatashye ku mugaragaro kuri uyu wa mbere.

Umukuru w'igihugu yasabye abatuye intara y’I burengerazuba kuyabyaza umusaruro mu rwego rw’ishoramali ariko cyane cyane inganda zikora ibintu bitandukanye:

Perezida wa republika Paul Kagame yasabye kandi guhindura imyumvire, abanyarwanda bakumva ko hari ibyo nabo bashobora kwikorera, aho gutakaza amafaranga menshi babitumiza hanze:

Mu mahirwe aboneka mu ntara y’I burengerazuba, Perezida wa Repubulika yagarutse ku ikawa nyishi ihera kandi ikunzwe cyane ku isoko mpuzamahanga, agaruka no ku muhanda wa kabulimbo wenda kuzura uhuza akarere ka Rusizi na Rubavu unyuze I karongi na Rutsiro, asaba ko wakoreshwa mu iterambere no gukura abaturage mu bukene.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura