Yanditswe Mar, 22 2019 14:20 PM | 6,071 Views
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashoje
urugendo rw’iminsi 2 yagiriraga mu gihugu cya Angola; we na mugenzi we
Perezida João Lourenço bagirana ikiganiro n’itangazamakuru, kuri uyu wa Kane
tariki 21 Werurwe 2016.
Perezida Kagame yavuze ko hari ibintu byinshi by’amateka, umuco n’imitekerereze bihuza ibihugu byombi.
Umukuru w’igihugu yavuze ku bijyanye n’impinduka, avuga ko zishobora kugerwaho binyuze mu gushora imari ku mpande zombi.
Muri iki kiganiro n’itangazamakuru, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagize ati “Mu bijyanye no guteza imbere imibanire hagati ya Angola n’u Rwanda; twaganiriye aho tubona dushobora kugirana ubufatanye tukaba twakigananaho hagati yacu, mu byiciro byose.”
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yageze muri Angola kuwa Kabiri.
Ibihugu byombi, umwaka ushize byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu bijyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere aho RwandAir na Angola National Airline TAAG zikora ingendo zisaga 7 buri cyumweru mu bihugu byombi.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru