AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida Paul Kagame yasuye abaturage bo mu ntara y'iburasirazuba

Yanditswe Apr, 28 2016 10:12 AM | 2,717 Views



Kuri uyu wa 4 perezida wa Republika Paul Kagame, aratangira uruzinduko rw'iminsi 3 mu ntara y'iburasirazuba, aho kuri ubu asura abaturage b'akarere ka Ngoma bagahurira ku kibuga cya TTC Zaza.

Nyuma yo kubagezaho ijambo ari buganire nabo bamugezeho ibitekerezo ndetse n'abafite ibibazo babimubaze.

Muri uru ruzinduko kandi azasura n'akarere ka Nyagatare anifatanye n'abaturage ba Kayonza mu gikorwa cy'umuganda usoza ukwezi kwa Mata.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura