AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Perezida Tshisekedi wa DRC arateganya gukorera uruzinduko i Kigali

Yanditswe Mar, 13 2019 10:45 AM | 5,054 Views



Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, arateganya gukorera uruzinduko i Kigali mu Rwanda, nk'uko byemezwa na Ministiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Richard Sezibera.

Tshisekedi biteganyijwe ko azitabira inama ya African CEO izabera i Kigali muri uku kwezi kwa Werurwe.
Uru ruzinduko rubaye nyuma y'uko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye, kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Werurwe 2019 Umuyobozi w'Ibiro by'Umukuru w'Igihugu cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya  Congo Vital Kamerhe, bagirana ibiganiro byibanze ku kunoza umubano w’ibihugu byombi.

Nyuma y'uru ruzinduko hatangajwe icyifuzo cya Perezida Tshisekedi mu gutanga ubufasha mu kugarura amahoro arambye mu burasirazuba bw'igihugu.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama