AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakoze impinduka mu gisirikare

Yanditswe Apr, 10 2019 07:27 AM | 8,405 Views



Perezida wa Repubulika ari na we mugaba w’Ingabo w’Ikirenga, Paul Kagame yashyize mu myanya anakora impinduka mu gisirikare;

a. Maj General Jean Jacques Mupenzi yazamuwe ahabwa ipeti rya Lieutenant General anagirwa umugaba mukuru w'ingabo zirwanira ku butaka

b. Lieutenant General Jacques Musemakweli yagizwe umugaba mukuru w'inkeragutabara

c. Maj. General Aloys Muganga yagizwe umuyobozi w’ishami rishinzwe imodoka z’intambara

Iyi mirimo mishya byemejwe ko ihita ishyirwa mu bikorwa ako kanya



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira