Yanditswe Mar, 21 2019 15:36 PM | 6,021 Views
Perezida wa sena ya Kenya, Lusaka KENNETH ari mu ruzinduko rw'iminsi 5 mu Rwanda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, aherekejwe na mugenzi we w'u Rwanda, Bernard MAKUZA, Rt. Hon. Ken Lusaka yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, aho yasobanuriwe amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi.
Nyuma yaho, yasuye ingoro ndangamateka y'urugamba rwo guhagarika Jenoside iri mu Nteko Ishinga Amategeko.
Rt. Hon. Ken Lusaka yavuze ko biteye agahinda uburyo abantu bazize ubwoko bwabo akemeza ko kugira ngo umuntu asobanukirwe neza amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi agomba gusura urwibutso.
Avuga ko nk'umuyobozi, agomba guharanira ko nta handi ku Isi Jenoside ikwiye kongera kuba, bakarwanya ikiyiganishaho cyose.
Avuga kandi ko abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bakwiye gushakishwa aho bari hose ku Isi bagahanwa.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru