AGEZWEHO

  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Ni igikorwa kigayitse ku Bufaransa- Amb. Anfré avuga ku bakozi babo bishwe muri Jenoside – Soma inkuru...

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya muri guverinoma no mu zindi nzego

Yanditswe Mar, 09 2020 18:41 PM | 17,906 Views



Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda rya 2003 ryavuguruwe muri 2015 cyane cyane mu ngingo zaryo ya 112 na 116, None ku wa 9 Werurwe Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho abayobozi mu buryo bukurikira:

Abagize Guverinoma:

Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, Umunyambanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi

Abandi bayobozi

-Madamu Bakuramutsa Feza Urujeni, Umuyobozi w’Ibiro bya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika

-Bwana Mukama Abbas, Umuvunyi Mukuru wungirije ushinzwe  gukumira ruswa nh’ibyaha bisa na yo.

-Madamu Uwingeye Joyeuse , Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutunganya amasoko ya Leta (RPPA).

Abagize Inama y’Ubutegetsi ya Rwanda Aviation Company (RAC)

-Bwana Niyonkuru Zephanie, Perezida

-Madamu Umugwaneza Clementine, Visi Perezida

-Lt Col Ndayishimiye Joseph, Ugize Inama y’ubutegetsi

-Madamu Uwimbabazi Ines, Ugize Inama y’ubutegetsi

-Bwana Kalisa Mihigo Thierry, Ugize Inama y’Ubutegetsi

-Madamu Ngangure Diana, Ugize Inama y’ubutegetsi,

-Bwana Izere Parfait, Ugize Inama y’Ubutegetsi


Abongerewe manda ku mwanya w’abagize Komite itoranya abakandida ku mwanya w’Ubukomiseri muri Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu

-Madamu Kayijire Agnes, Perezida

-Bwana Safari Emmanuel

-Madamu Ingabire Marie Immaculée

-Dr Muhire Yves

-Dr Kanani Jean Bosco Prince

Bikorewe I Kigali ku wa 9 Werurwe 2020, mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame,

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura