Yanditswe Apr, 07 2019 15:21 PM | 5,249 Views
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul
Kagame yashimangiye ko nta gishobora gutuma ibyabaye mu Rwanda, abantu bakicana
byongera kuba ukundi; yabivuze mu gutangiza kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside
yakorewe Abatutsi.
Ni ijambo yavugiye kuri Kigali Convention Centre, nyuma yo gucana urumuri rw’icyizere ku rwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi; kuri iki Cyumweru tariki 7 Mata 2019.
Ni umuhango witabiriwe n’abanyacyubahiro banyuranye barimo abakuru b’ibihugu na za Guverinoma baturutse mu bihugu bya Chad, Congo Brazzaville, Djibouti, Niger, Belgium, Canada, Ethiopia, Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Umuryango wa European Union n’abandi.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru