Yanditswe Dec, 03 2021 16:44 PM | 73,332 Views
Kuri uyu wa Gatanu, Polisi y’u Rwanda yamurikiye itangazamakuru camera zigenzura umutekano wo mu muhanda, zashyizwe mu masangano y’umuhanda uva Rwandex werekeza mu mujyi rwagati na Gikondo mu karere ka Kicukiro.
Izi camera zizaba zifite ubushobozi bwo gukurikirana umuvuduko w’ibinyabiziga n’andi makosa arimo kudakurikiza ibyerekezo byashyizwe mu masangano y’umuhanda.
Umuvugizi wa Polisi
y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera ahamagarira abakoresha umuhanda kurangwa no
kubahiriza amategeko.
Ku rundi ruhande Polisi y’u Rwanda yavuze ko itazongera gushira camera mu byapa bigena umuvuduko uri munsi ya 60 ku isaha.
CP Kabera avuga ko inzego zibishnzwe ziriho gukurikirana
ibijyanye n’ibyapa hashingiwe ku mpanuro za Perezida wa Repubulika kuri iyi
ngingo.
Ibi byateye akanyamuneza abaturage b’ingeri zitandukanye barimo abashoferi.
Kuki Intara y'Amajyaruguru ikomeje kugaragaramo ibipimo biri hejuru mu bana bafite imirire mibi ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
MINEMA yasobanuye uko ikomeje gufasha abibasiwe n'ibiza biheruka kwibasira uduce tumwe tw' ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Abanyamategeko 188 barangije amasomo y'Ubuhuza basabwe kugabanya umubare w'Imanza mu Nkiko
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Bugesera: Abaturage basaga ibihumbi 40 bahawe amazi meza
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Leta yatangiye kubarura inyubako zayo zidakorerwamo kugira ngo zibyazwe umusaruro
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Asaga miliyari 417 Frw yashyizwe muri gahunda zo gufasha abarokotse Jenoside mu myaka 30
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Haba hari umuti urambye wa gatanya zishingiye ku mitungo?
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abanyeshuri n’abarimu ba Kaminuza ya Stanford
Mar 26, 2024
Soma inkuru