AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Polisi y'u Rwanda yungutse Abofisiye 656 nyuma y'amezi 13 bahugurirwa i Gishari

Yanditswe Oct, 27 2021 12:59 PM | 19,742 Views



Kuri uyu wa Gatatu, abiherewe ububasha na Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame, Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente yahaye ipeti rya Assistant Inspector of Police abapolisi 656 barangije amasomo mu Ishuri rya Polisi rya Gishari.

Ni nyuma y'amezi 13 bahugurirwa mu ishuri rya Polisi rya Gishari, aba bapolisi barimo abagore 80.

Minisitiri w'intebe yashimiye abagize imiryango yabo, uruhare bagize mu rugendo rwabagejeje kuri iyi ntera.

Ababyeyi bafite abana bahawe ipeti rya AIP, baravuga ko iyi ntera bagezeho ari ishema kuri bo ndetse n'icyimenyetso cy'uko barezwe neza.

Basabye abana babo kugera ikirenge mu cy'intwari zabohoye u Rwanda kandi bakarangwa n'imikorere myiza ishyira umuturage ku isonga.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira