AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida Tshisekedi

Yanditswe May, 31 2019 14:21 PM | 18,971 Views



Perezida Paul Kagame ari I kinshasa mu ruzundiko aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we Perezida Felix Tshisekedi.

Ibiganiro na President Felix, byibanze k'umubano w'ibihugu byombi.

Biteganyijwe ko Perezida Kagame y'itabira umuhango wo gusezera kuri nyakwingendera Étienne Tshisekedi wabaye minisitiri w'intebe wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, akaba na se wa Perezida uriho Felix Tshisekedi.

Étienne Tshisekedi amaze imyaka ibiri yitabye imana. Umurambo we ukaba waragejejwe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ku munsi wa kane uvanywe mu gihugu  cy' Ububirigi.

END



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira