AGEZWEHO

  • Abarokokeye Jenoside muri Ste Famille bavuze inzira y’umusaraba banyuzemo – Soma inkuru...
  • Uganda yiyemeje guhashya icyasubiza Akarere mu icuraburindi nk’irya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...

REG yafashe abiba umuriro bakawuha Quartier

Yanditswe Jun, 07 2019 10:19 AM | 7,074 Views



Umwe mu batangiye icyo gikorwa we utabashije kuboneka  REG  ivuga ko yigeze kujya ahabwa ibiraka n' ikigo cy' igihugu gishinzwe ingufu.

Hitabatuma Daniel umwe mu baturage bakusanyaga amafaranga kugirango bayashyikirize abo bari babemereye kubaha umuriro avuga ko mu mwaka wa 2016 , abo mu ngo zisaga 60 bandikiye ikigo cy' igihugu gishinzwe ingufu REG , basaba guhabwa umuriro ariko ntibagira igusubizo bahabwa, nyuma yaho ngo nibwo babonye abagabo baza bababwira ko babaha umuriro.

Nshimiyimana Jacques, Umwe mu bari batangiye gukwirakwiza  uwo muriro we avuga ko  yabikoraga nk' ikiraka nyuma yo kubisabwa n' uwari wumvikanye n' abaturage.

Abagabo berekanywe na REG bari bamaze gutera amapoto agera kuri 2, intego akaba kwari ugucanira  ku ikubitiro ingo zigera ku 10, bakishyurwa agera ku bihumbi 200 by' amafaranga y' u Rwanda.


INKURU YA CARINE UMUTONI




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu