AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

RIB yatangiye gukurikirana ibyaha bifitanye isano no gushyira mu myanya abakozi ba leta-Gatabazi

Yanditswe Nov, 02 2021 14:07 PM | 127,785 Views



Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yitabye Inteko rusange Umutwe w'abadepite atanga ibisobanuro mu magambo ku kibazo cyo gushyira abakozi mu myanya mu buryo butubahirije amategeko.

Raporo ya Komisiyo y'abakozi ba leta ya 2019-2020 ivuga ko ibi bibazo byiganje mu turere twa Kicukiro, Kayonza, Rwamagana, Karongi, Nyamagabe na Kirehe.

Minisitiri Gatabazi yabwiye Abadepite ko inzego za leta zirimo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB zatangiye gukurikirana ibyaha bishobora kuba byaragaragaye muri iyo gahunda yo gushaka no gushyira mu myanya abakozi ba leta mu turere dutandukanye.

Yavuze ko ari nako bamwe mu bayobozi bahamwe n'amakosa yo gushyira abakozi mu myanya mu buryo  budakurikije amategeko bafatiwe ibihano birimo no kwirukanwa ku myanya bakoragaho muri utwo turere, cyangwa mu ishyirahanwe riduhuza RALGA naryo rivugwamo kugira uruhare muri ayo makosa.

Minisitiri Gatabazi yabwiye abadepite ko ibyinshi mu bibazo byashyikirijwe Minaloc byarakemutse.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura