AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

RWANDAIR ITANGIJE INGENDO ZIHUZA KIGALI NA TEL AVIV

Yanditswe Jun, 25 2019 16:44 PM | 10,331 Views



Abanyafurika batandukanye bakunze gutemberera mu gihugu cya Israel barishimira ko Rwandair igiye kubaruhura imvune bagiraga kubera gutinda mu nzira. Ibi babitangaje nyuma yuko kuri uyu wa kabiri Rwandair itangije ingendo zihuza Kigali na Tel Aviv. 

Ku isaha ya sa saba z'ijoro kuri uyu wa kabiri nibwo indege ya Rwandair yahagurutse ku kibuga mpuzamahanga cya Kigali yerekeza I TelAviv muri Israel.ku basanzwe bakora ingendo muri Israel ngo uru rugendo rugiye kubaruhura imvune bahuraga nazo.  



Kuri Ron Adam ambasaderi wa Israel mu Rwanda avuga ko izi ngendo zigiye kwagura umubano w'ibihugu byombi.


Umuyobozi mukuru wa Rwandair Yvonne Manzi Makolo na we asanga icyi cyerekezo gishya Ari inyungu ikomeye ku Rwanda na Israel. 

Icyi cyerekezo gishya cya Rwandair kibaye icya 29 ku isi. Rwandair ikazajya yerekeza I Tel Aviv inshuro eshatu mu cyumweru.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize