Yanditswe Jun, 25 2019 16:44 PM | 10,331 Views
Abanyafurika batandukanye bakunze gutemberera mu gihugu cya Israel barishimira ko Rwandair igiye kubaruhura imvune bagiraga kubera gutinda mu nzira. Ibi babitangaje nyuma yuko kuri uyu wa kabiri Rwandair itangije ingendo zihuza Kigali na Tel Aviv.
Ku isaha ya sa saba z'ijoro kuri uyu wa kabiri nibwo indege ya Rwandair yahagurutse ku kibuga mpuzamahanga cya Kigali yerekeza I TelAviv muri Israel.ku basanzwe bakora ingendo muri Israel ngo uru rugendo rugiye kubaruhura imvune bahuraga nazo.
Kuri Ron Adam ambasaderi wa Israel mu Rwanda avuga ko izi ngendo zigiye kwagura umubano w'ibihugu byombi.
Umuyobozi mukuru wa Rwandair Yvonne Manzi Makolo na we asanga icyi cyerekezo gishya Ari inyungu ikomeye ku Rwanda na Israel.
Icyi cyerekezo gishya cya Rwandair kibaye icya 29 ku isi. Rwandair ikazajya yerekeza I Tel Aviv inshuro eshatu mu cyumweru.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru