AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

RWANDAIR YATANGIJE INGENDO ZIGANA I KINSHASA

Yanditswe Apr, 17 2019 20:38 PM | 4,904 Views



Indege ya Kompanyi y'u Rwanda Rwandair yakiranywe ubwuzu i Kinshasa mu murwa Mukuru wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Kongo. Ikigera ku kibuga cy'indege cya Ndjili, iyi ndege yatewe amazi nk'ikimenyetso gikorerwa abashyitsi bishimiwe muri iki gihugu.

Itangizwa ry'ingendo z'indege muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Kongo ni umwe mu musaruro w'uruzinduko Umukuru w'iki gihugu Felix Tshisekedi aherutse kugirara mu Rwanda akemeza ko igihugu cye cyiteguye gushimangira ubufatanye n'u Rwanda mu mishinga itandukanye.

Nk’uko Minisiteri y’ibikorwaremezo ibitangaza, indege ya Rwandair, izajya ijya muri Congo-Kinshasa inshuro eshatu mu cyumweru, nyuma mu kwezi kwa Gicurasi 2019, hakaziyongera izindi ngendo eshatu za nijoro.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama