Yanditswe Sep, 05 2017 11:54 AM | 4,814 Views
Abakora
ubucuruzi buciriritse bazwi ku izina ry’abazunguzayi mu mujyi wa gisenyi, bavuga
ko uburyo bacuruzamo baburambiwe, bakavuga kandi ko babonye ubufasha bw’aho
gukorera ndetse n’igishoro, bakora neza kandi bakishyura imisoro bakaniteza
imbere. Aba baravuga ibi mu gihe bagenzi babo bacururiza mu masoko bo binubira
aba bazunguzayi, kuko babatwara abakiriya kandi nta misoro batanga. Gusa
ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bavuga ko uburyo bwo gukemura iki kibazo
bwateguwe bukemeza ariko ko byose bijyana n’inyigisho zihoraho kuri abo
bazunguzayi.
Inkuru yose mu mashusho:
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru