AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Rubavu: Ingamba Polisi y'igihugu yafashe zagabanyije impanuka mu mihanda

Yanditswe Dec, 13 2016 11:37 AM | 2,002 Views



Umuhanda wa kaburimbo uhuza musanze na rubavu byumwihariko winjira mu mujyi wa Rubavu  wakunze kwibasirwa n’impanuka ahanini zikorwa n’amakamyo, kuri ubu abawuturiye bavuga ko izi mpanuka zagabanutse ndetse bakanizera ko bizakomeza. icyagabanije izi mpanuka ni gahunda yashyizweho n’ubuyobozi bwa police y’u Rwanda itegeka ko amakamyo mbere y’uko yinjira mumujyi wa Rubavu agomba guparika ahantu yagenewe akabanza akaruhuka ndetse n’abashoferi bayo bakareba uko ahagaze mu buryo bwa tekiniki. Ubuyobozi bwa police y’u Rwanda bukaba busaba abashoferi kubahiriza aya mabwiriza kimwe n’andi yose areba umutekano wo mu muhanda.

Inkuru yose mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura